Ibinyamakuru byo muri Tanzania birimo Citizen TV byatangaje ko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yitabye Imana azize indwara y'umutima.Â
Televiziyo yo mu gihugu cya Tanzania ni yo yatangaje aya makuru, aho ivuga ko yapfiriye mu Bitaro bya Dar es Salaam. Visi Perezida wa Tanzania nawe yemeje aya makuru y'urupfu rwa Magufuli wari umaze igihe arembye.
IMANA IMWAKIRE MU BAYOÂ