Bane bahitanywe na Covid-19 -

webrwanda
0

Bane bapfuye harimo abagabo batatu muri bo babiri ni abo mu Karere ka Nyanza n’undi umwe w’i Kigali. Aba biyongeraho umugore wo mu Karere ka Ruhango.

Impfu z’aba bantu bane zatumye umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba 305 mu gihe 13 bo bari barembye bikomeye.

Kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda, 21.490 nibo bamaze kwandura ubariyemo na 71 babonetse kuri uyu wa Mbere. Umubare w’abakize nawo wiyongereyeho 75 bituma abamaze gukira bose ari 19.860.

Abakirwaye kugeza ubu ni 1.325.




Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)