NI MAHWI: Wa musore uri mu rukundo na Miss Uwase Vanessa ati: " Ibyo ubona ni bike biracyaza " – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Urukundo hagati ya Miss Vanessa n'umusore w'umuhanzi rukomejw kugenda rututumba uko iminsi yicuma. Ku munsi w'ejo nibwo twababwiye ko uyu musore yari yashimiye Miss Vanessa ko afite ifoto nziza ndetse anamubwira ko ari mwiza cyane. Kuri uyu munsi, uyu musore yifashishije indirimbo ya King James yitwa Biracyaza, yabwiye Miss Vanessa ati " Ibyo ubona ni bike biracyaza " maze anarenzaho agira ati " Je t'aime ma chéri ❤️ "  . Ibi uyu musore nk'uko bisanzwe yabibwiye Miss Vanessa abinyujije kuri story ya instagram ye.

Ibi nibyo uyu musore yatangaje abinyujije kuri story ya instagram ye

Miss Uwase Vanessa Raïssa

Urukundo hagati ya Miss Vanessa Raïssa Uwase n'uyu musore rwatangiye guhwihwiswa nyuma yuko Miss Vanessa atandukanye na fiancé we. Mu cyumweru gishize nibwo Miss Vanessa yatangaje ko kuri ubu nta mukunzi afite. Uyu musore yahise afatiraho dore ko buri munsi aba yazirikanye Miss Vanessa akamubwira amagambo amugaragariza urukundo rwinshi amukunda.

Like this:

Like Loading...



Source : https://yegob.rw/ni-mahwi-wa-musore-uri-mu-rukundo-na-miss-uwase-vanessa-ati-ibyo-ubona-ni-bike-biracyaza/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)