Dore ibanga ku bantu bagerageje kunanuka bikanga, igisubizo cyarabonetse #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuntu bemeza ko afite umubyibuho udasanzwe iyo ibipimo bya BMI (Body Mass Index) birenze 25. Ibi bipimo ubibona ufashe ibiro byawe ukagabanya uburebure bwawe bwikubye 2.

Muri iyi nkuru rero tugiye kuganira ku nyunganiramirire yitwa' WEIGHT LOSS CAPSULE' ikomeje gufasha abantu benshi gutakaza ibiro.

Mu gushaka kumenya byinshi kuri izi nyunganiramirire, twegereye Jean Denis, umuhanga mu bijyanye n'ubuzima ndetse n'imirire tumubaza ibibazo adusobanurira kuri izi nyunganiramirire

Ati 'Izi ni inyunganiramirire cyangwa Food supplements nziza zikoze mu bimera cyane cyane biboneka muri Aziya, zifasha gutwika ibinure mu mubiri bityo umuntu agatakaza ibiro ku buryo bwiza budateye ikibazo ku mubiri'

  • Izi nyunganiramirire zizewe gute ?

Izi nyunganiramirire zirizewe kuko zifite ubuziranenge butangwa n'ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Admnistration) ndetse zemewe na FDA yo mu Rwanda. Nta ngaruka rero zigira ku wazikoresheje.

  • Umuntu ashobora gutakaza ibiro bingahe mu gihe ari kuzikoresha ?

Jean Denis yagize ati' Dukurikije abantu tumaze igihe tuziha, ibiro umuntu ashobora gutakaza biratandukanye umuntu ku wundi, gusa ni hagati y'ibiro 5 kugeza ku biro 8 mu kwezi. Gusa nanone iyo ubinywa ukora na Siporo, bishobora kwiyongera.

  • Ni bande batemerewe gukoresha izi nyunganiramirire ?

Yakomeje avuga ko izi nyunganiramirire abatazemerewe ari abagore batwite, abana guhera ku myaka 12 kumanura, ndetse n'abagore bonsa (mu gihe umwana ataratangira guhabwa insimburabere).

  • Ziboneka hehe ?

Izi nyunganiramirire ziboneka mu Rwanda aho Green Hope Life ikorera, Mu mujyi wa Kigali, I Remera Mu Giporoso. Uramutse uzikeneye uri mu ntara, turazikoherereza. Ku bindi bisobanuro Wahamagara cyangwa ukatwandikira na Whatsapp kuri 0788700952



Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Dore-ibanga-ku-bantu-bagerageje-kunanuka-bikanga-igisubizo-cyarabonetse

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)