RIB nta byinshi yatangaje kuri iyi dosiye ariko yavuze ko bakurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo no kwaka ruswa.
Abakekwa ubu bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Gacurabwenge mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/kamonyi-gitifu-w-umurenge-dasso-n-ushinzwe-inkeragutabara-bari-mu-maboko-ya-rib