Dr Epimaque Sherti yamaze imyaka 12 irenga ari Umusaserodoti, yahawe Ubupadiri ku wa 2 Kanama 1987 aza gufata icyemezo cyo kubuvamo tariki 30 Ugushyingo 1999, bitewe n’ivangura yahuraga naryo no gutereranwa n’abari abayobozi be.
source https://igihe.com/diaspora/article/uko-dr-sherti-wafungiwe-kuba-icyitso-yavuye-mu-gipadiri-cyari-cyuzuyemo