Leta y’u Rwanda irimo kubaka Laboratwari ifite agaciro ka miliyari zisaga ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda, izakoreshwa muri gahunda yo kugenzura ubudahungabana bw’Ikiyaga cya Kivu, kugira ngo kirusheho kubyazwa umusaruro mu buryo burambye.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/laboratwari-igezweho-igiye-kwifashishwa-mu-kugenzura-ubudahungabana-bw-ikiyaga