Kenny Sol yasohoye indirimbo ya kabiri nyuma yo gutangira gufashwa na Bruce Melodie #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umuririmbyi Rusanganwa Norbert wiyise Kenny Sol mu muziki, uri mu bahanzi babiri bafashwa na Igitangaza Music ya Bruce Melodie, yashyize hanze indirimbo ye ya kabiri nyuma yo kwinjira muri iyi nzu ahuriyemo na Juno Kizigenza.



Source : https://igihe.com/imyidagaduro/article/kenny-sol-yasohoye-indirimbo-ya-kabiri-nyuma-yo-gutangira-gufashwa-na-bruce

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)