Abayobozi b’ibigo by’amashuri, abarimu n’ababyeyi batangaje ko zimwe mu mpamvu zatumaga ku bigo by’amashuri bimwe na bimwe hadatsinda umwana n’umwe mu bizamini bya leta, byaturukaga ku bucucike bwagaragaraga mu mashuri, aho ubu batanga icyizere ko ubwo iki kibazo gikemuwe bagiye kwisubiraho.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kayonza-ubucucike-mu-mashuri-bwatumaga-amwe-adatsindisha-n-umunyeshuri-umwe