Irebere umurundo w' amafoto yaciye ibintu hirya no hino ya Barack Obama yashyize hanze mu gihe yari ku buyobozi #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Perezida Barack Obama, wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika waje gusimburwa na Donald Trump kuri uyu mwanya, ni umwe mu bakuru b'ibihugu byabo bagiye bagaragara bakora ibintu bisekeje bitamenyerewe ku banyacyubahiro.

Barack Obama, yagaragayeho cyane urukundo rudasanzwe akunda abana. Ni kenshi yagiye agaragara akina n'abana, yirukankana nabo, asekana nabo ubona ko bishimye, kuburyo atari buri wese wapfa gutekereza ko ibi yabikora.

Abana b'abakobwa babiri afite bamaze gukura, ariko ntibyamubujije kugaragaza ko yikundira n'utwana duto cyane tw'impinja.

Perezida Obama kandi, yagiye agaragara yishimana n'abantu batandukanye, akinana nabo umukino wa Basket, anakora ibindi bintu bitandukanye birimo ibitangaje ku muntu nk'uyu ariko hakabamo n'ibisekeje cyane.

Reba amafoto yiwe menshi yagiye ashyira hanze mu bihe yanyuzemo akiri perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika:



Source : https://impanuro.rw/2020/10/29/irebere-umurundo-w-amafoto-yaciye-ibintu-hirya-no-hino-ya-barack-obama-yashyize-hanze-mu-gihe-yari-ku-buyobozi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)