Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko ibigo umunani aribyo birimo kwifashishwa mu kuvura abanduye COVID-19, umubare wagabanutse cyane kuko hari igihe mu Rwanda hifashishwaga ibirenga 30.
source https://igihe.com/ubuzima/coronavirus/article/ibigo-umunani-gusa-nibyo-bisigayemo-abanduye-covid-19-mu-rwanda