Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rutegerejweho gutangaza umwanzuro ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi n’Umuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, ukurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranije n’amategeko.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hategerejwe-umwanzuro-ku-ifunga-n-ifungurwa-rya-dr-gahakwa