Byagenda bite Trump akomeje kuremba cyangwa agapfa ? #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Mu gihe Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwitabwaho n'abaganga nyuma y'uko we n'umugore we Melania Trump basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, haribazwa ibibazo bitandukanye by'uko byazagenda aramutse arembye cyane cyangwa agapfa mbere y'amatora y'Umukuru w'Igihugu.



Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/byagenda-bite-trump-akomeje-kuremba-cyangwa-agapfa

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)