Iterambere ry’ikoranabuhanga ryazanye uburyo bushya bw’imibereho, bworoshya itumanaho n’uburyo abantu babaho, ariko ryazanye n’ibindi bibi bititondewe bishobora kugira ingaruka ku babikora cyangwa sosiyete yose muri rusange.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuburo-ku-bakwirakwiza-iby-urukozasoni-indirimbo-z-ibishegu-n-abigisha-iby