Paul Rusesabagina uri mu maboko y’inzego z’umutekano aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo iby’iterabwoba, yahishuye ko yatunguwe no kwibona mu Rwanda mu gihe muri gahunda harimo ko yerekeje mu Burundi mu bikorwa byo kuganira n’amadini atandukanye.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rusesabagina-yahishuye-uko-yatunguwe-yisanze-i-kigali-mu-gihe-yari-azi-ko-agiye