Trump “yahaye umugisha igurwa rya TikTok”, gahunda yo kuyikumira yigizwa inyuma ho icyumweru #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Perezida Donald Trump yatangaje ko yamaze kwemeza igurwa ry’ibikorwa bya TikTok muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati y’ikompanyi ya ByteDance ifite uru rubuga na Oracle imaze igihe ishaka kugura ibikorwa byayo.


source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/trump-yahaye-umugisha-igurwa-rya-tiktok-gahunda-yo-kuyikumira-yigizwa-inyuma-ho
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)