Kuva ku wa 31 Kanama ubwo Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanaga Paul Rusesabagina, umunyapolitike ushinjwa ibyaha birimo n'iterabwoba, amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino ku Isi, benshi bibaza uburyo uyu mugabo wavugaga ko arwanya leta y'u Rwanda ndetse ashaka kuyikuraho, yatinyutse agahirahira yerekeza i Kigali.
Post a Comment
0Comments