Hari ihame ryakoreshwaga mu gisirikare cya kera cy’Abashinwa, rivuga ko “iyo uzi umwanzi wawe ukaba nawe wiyizi, nta mpamvu yo gutinya niyo haba imirwano amagana”. Mu buryo budashidikanywaho, u Rwanda ruzi aho imbaraga zarwo ziri, ahari intege nke, rukamenya n’abanzi barwo.
source https://igihe.com/twinigure/columnists/article/kuki-abantu-nka-roger-boyes-bafata-abanyafurika-nk-injiji