Isi ikomeje gutsindwa urugamba rwo kurinda urusobe rw’ibinyabuzima #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umuryango w’Abibumbye washyize ahagaragara raporo y’uko ibyemeranyijweho mu nama yahurije hamwe ibihugu bisaga 196 mu Buyapani mu mwaka wa 2010 byagiye bigerwaho; aho yagaraje ko intego Isi yari yihaye yo kurengera ibidukikije no kurinda urusobe rw’ibinyabuzima itagezweho.


source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/isi-ikomeje-gutsindwa-urugamba-rwo-kurinda-urusobe-rw-ibinyabuzima
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)