Umusirikare w’u Rwanda yatorokeye muri Uganda nyuma yo kureshywa n’ingabo za Uganda #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
August 05, 2020
0
share
Umusirikare w’u Rwanda, Lt. Gerald Tindifa, ku wa 18 Gashyantare uyu mwaka yatorokeye muri Uganda nyuma biza gutahurwa ko icyo gikorwa cyagizwemo uruhare n’Umutwe udasanzwe mu Ngabo za Uganda.