Lion Gaga ukora umuziki wiganje mu njyana ya Reggae wavuzwe cyane ubwo yashyiraga hanze amashusho y’indirimbo ‘Ba Intwari’ arimo abakobwa bambaye ubusa hejuru bigateza impaka; yashyize hanze indi nshya irimo amagambo yiganjemo ayo mu mujyo nk’uwo abandi bahanzi bamaze iminsi biharaje; benshi bise kuririmba ‘ibishegu’.
Umuhanzi Lion Gaga wakoresheje abakobwa bambaye ubusa bikavugisha benshi, yongeye gutungurana #rwanda #RwOT
August 04, 2020
0
Tags