Nyuma y’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yabaye ku wa 26 Kanama, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere,RDB cyasohoye amabwiriza mashya agenga uburyo ibikorwa by’ubukerarugendo,inama, amahoteli na restaurants bizakorwa muri ibi bihe bya Covid-19. Arimo n’abwira ba nyiri-amahoteli na restaurants ko bamerewe gutanga inzoga gusa ku bantu bicaye bategereje ibyo kurya.