Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Sabin Nsanzimana, yahumurije abafite impungenge z’ukwiyongera k’ubwandu bwa COVID-19 nyuma y’ifungurwa ry’ingendo z’indege, bitewe n’ingamba zitandukanye zafashwe mu kwirinda ko hagira abinjiza ubwandu bushya mu gihugu.
Ikibazo kiri midugudu yacu, ntikiri ku Kibuga cy’indege – Dr Nsanzimana avuga kuri COVID-19 #rwanda #RwOT
August 02, 2020
0
Tags