Hagiye gushyirwa hanze igice cya nyuma cya La casa de papel yamamaye ku Isi #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Filime Money Heist [La casa de papel] yamamaye cyane ku Isi igiye gusozwa ndetse mu gice cyayo cya nyuma hazaba harimo amasura mashya y’abakinnyi batari basanzwemo nka Miguel Ángel Silvestre wamamaye muri Sense 8 na Patrick Criado uri mu bakinnyi bakomeye b’abanya-Espagne.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)