Abanyafurika barenga miliyoni 13 bashobora kwisanga mu bukene bukabije kubera Coronavirus #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 13 byitezwe ko bashobora kugirwaho ingaruka zikomeye na Coronavirus bakisanga munsi y’umurongo w’ubukene mu mpera z’uyu mwaka aho mu gihe ibintu byaba bigenze nabi cyane uyu mubare ushobora kwiyongera bakagera nibura kuri miliyoni 50.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)