Yitwa irakarama arashaka umusore wamuzura bagakundana urukundo rw’ukuri. #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Njye mu buzima nabonye urukundo ari byose, burya iyo umuntu nta rukundo afite ntacyo aba ari cyo. Maze imyaka ibiri ntamukunzi mfite ariko buri gihe iyo ngize ikintu kimbabaza mba numva nshaka umuntu wihariye twakiganiraho nkaruhuka umutima. Kimwe nuko iyo ngize ikintu kinshimisha cyane mba numva hari umuntu w’umwihariko nabibwira tugafatanya kwishima. Rero kubaho ntamukunzi mfite mba numva ubuzima busa n’ubwahagaze. Kuba ntamuntu ugukunda ufite kandi nawe ukaba ntawe ukunda ufite ngo umuhe umutima wawe umubitse amabaganga yawe yose biba bisa nkaho wapfuye. Nitwa Irakarama Deva Dudu mfite imyaka 21 ndashaka umuhungu wanzura akemera nkamuha umutima wanjye akawitwarira nkamwinjiza mu munyenga w’urukundo. Niba uri tayari banguka inbox. Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam. * *
http://dlvr.it/Rb0CJv
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)