Ese aragukunda by’ukuri? Dore uburyo wamenya ingano y’urukundo agukunda. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Muri iki gihe urukundo rw’ukuri rusigaye rwarakendereye, ubu umuntu asigaye akunda undi hari inyungu runaka amukurikiyeho. Usanga umusore iyo ahuye n’umukobwa akamukunda akimubona, nyuma iyo amuganirije agasanga ntiyize, ntakazi keza afite, ntavuka mu muryango ukize ahita amwanga kuko yumva ko uwo azakunda agomba kuba yujuje ibintu runaka. Kandi no ku mukobwa nuko. Umukobwa murahura bwa mbere akagukunda ariko mwamara kuganira yakumva ntabushobozi ufite akakwisubira. Rero biragoye kumenya niba umuntu yaragukunze by’ukuri ntayindi nyungu agukurikiyeho. Urubuga rwitwa https://www.umunota.com rwazanye uburyo bushya bushobora gutuma umenya niba umuntu agukunda by’ukuri.

Hari uburyo bubiri bikorwamo.

1. Kumenya niba mwakundana.

Iyo umaze kwiyandikisha ku rubuga www.umunota.com ubasha kumenya niba umuntu ubonye mwakundana bikavamo. Biroroshye cyane kuko ukimara kwiyandikisha (registration) uhitamo uwo ushaka ugakanda kwifoto ye ugahita ubona ahantu hashushanyije umutima utukura ugakanda muri uwo mutima. Ako kanya ukimara kuhakanda system y’uwo rubuga www.umunota.com ihita itangira kubara ijanisha ry’urukundo rwanyu mwembi ijanisha ryaba riri munsi ya 40% ugahita umenya ko gukundana n’uwo muntu byagorana ndetse ko n’urukundo rwa mwembi rutarenga umutaru ariko ijanisha ryaba riri hejuru ya 80% muhita mwikundanira, nawe ahita abibona akaguha urukundo kuko ibyo wifuza aba abyujuje ndetse wowe wujuje ibyo we yifuza. Ibi biroroshye cyane kandi mu gihe kitarenze umunota umwe uba umaze kubona umukunzi muzakundana akaramata.

Ese system ibimenya gute?

System yo kuri www.umunota.com itanga ijanisha igendeye kubyo wowe ubwawe uba wujuje wiyandikisha ndetse n’uwo muntu ibyo aba yujuje, iyo igipimo cy’ijanisha kiri hejuru ya 80% biba bivuga ko ibyo uwo muntu asaba k’umukunzi yifuza gukundana nawe ndetse n’ibyo wowe usaba biba bihuye cyane bityo rero ahita aguha urukundo ntakuzuyaza kuko muba muhuje. Byumvikanako n’umuntu mushaka gukundana ushobora kumusaba akiyandisha kugirango urebe igipimo cy’urukundo rushobora kuvuka hagati ya mwembi.

2. Kumenya niba agukunda by’ukuri.

Niba ufite umukunzi ukaba ushaka kumenya niba agukunda by’ukuri cyangwa akuryarya, wiyandikisha kuri www.umunota.com noneho aho basaba kuzuza niba uri umukobwa cyangwa umuhungu wowe uhitamo ahanditse “Couple” maze ukuzuza ibisabwa. Iyo umaze kubyuzuza system ibasha guhita ikwereka igipimo cy’urukundo ruri hagati ya mwembi. Iyo icyi gipimo kiri hejuru ya 75% urukundo rwanyu ruba ari urw’ukuri naho iyo kiri hasi ya 35% biba bivuze ko umwe muri mwe yakurikiye inyungu k’uwundi nta rukundo rw’ukuri ruba ruri hagati yanyu kuko ntakintu gifatika ruba rushingiyeho kandi biba byerekana ko rutazigera rurama ngo rugere kure.

Biroroshye cyane sura urubuga www.umunota.com ubigerageze urebe.



source https://nibyiza.com/ese-aragukunda-byukuri-dore-uburyo-wamenya-ingano-yurukundo-agukunda/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)