Inama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo. Ishyirwa mu bikorwa ry’ubwo bwicanyi ryarihutishijwe ku buryo bwose bushoboka bikozwe na Guverinoma ya Kambanda n’abasirikare bayo.
source https://igihe.com/amakuru/mu-mateka/article/uko-uwari-minisitiri-w-ubutegetsi-bw-igihugu-yandikiye-umuyobozi-w-ingabo-muri