Perezida Ndayishimiye ararahirira kuyobora u Burundi muri manda y’imyaka irindwi

webrwanda
0
Perezida mushya w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Kane ararahirira kuyobora igihugu muri manda y’imyaka irindwi, nyuma y’uko urukiko rurengera Itegeko Nshinga rwemeje ko icyo gikorwa kigomba kuba vuba bishoboka.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)