Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo baribaza impamvu bagihererwa serivisi ahantu hadasa neza mu gihe hashize imyaka itanu bakusanyije amafaranga yo kubaka ibiro by’Umurenge bishya kandi binini.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyagatare-ntibumva-uburyo-ibiro-by-umurenge-bimaze-imyaka-itanu-byubakwa-ariko