Abaharanira uburenganzira bw’abana bafite ubumuga, barashima ko hari byinshi byakozwe mu kwita kuri abo bana ariko kimwe n’ababyeyi b’abo bana, bavuga ko hari ibigikeneye kunozwa.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imibereho-y-abana-bafite-ubumuga-mu-gihe-hizihizwa-umunsi-w-umwana-w