Ibyo u Rwanda rutumiza mu mahanga byagabanutse kuri 32% muri Mata 2020 #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Raporo nshya y’Umuryango w'Isoko rusange ry'Ibihugu bya Afurika y'Iburasirazuba n'Amajyepfo (COMESA), ku ngaruka icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bucuruzi, yerekanye ko ibyo u Rwanda rutumiza n'ibyo rwohereza mu mahanga byagabanutse cyane ugereranyije Mata na Werurwe 2020.


source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyo-u-rwanda-rutumiza-mu-mahanga-byagabanutse-kuri-32-muri-mata-2020
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)