![](https://yegob.rw/wp-content/uploads/2024/02/Screenshot_20240204-171608.png)
Kuri uyu munsi tariki ya kane Gashyantare shampiyona y'icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakomeje ku munsi w'ayo wa 19.
Ikipe ya APR FC ikuye amanota agoye i Musanze gusa birangira APR FC itsinze Musanze FC ibitego 3-1, igira amanota 39 ku mwanya wa mbere.
Kubera ko i Musanze, aho abakinnyi basimbura bicara ari hato, Shaiboub yahisemo kwitwikira intebe ubwo imvura yari nyinshi.