"Yewe aho kubaka Stade nk'iyi nta kipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda" Umukunzi w'ikipe y'igihugu Amavubi na Ruhago nyarwanda muri rusange yarakajwe na Sitade Amahoro igiye kuzura nta kipe ikomeye iri mu Rwanda - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Yewe aho kubaka Stade nk'iyi nta kipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda' Umukunzi w'ikipe y'igihugu Amavubi na Ruhago nyarwanda muri rusange yarakajwe na Sitade Amahoro igiye kuzura nta kipe ikomeye iri mu Rwanda.

Uwitwa Ndacyayisenga Eric ku rubuga rwa X, yababajwe na Sitade Amahoro izakinirwamo n'amakipe yo mu Rwanda.

Avuga ko u Rwanda nta makipe ahari yagakwiriye gukinira kuri iyi sitade kuko ari hasi.

Yagize ati: 'Yewe aho kubaka Stade nkiyi nakipe nzima dufite byarutwa tukicyinira karere mu muhanda'



Source : https://yegob.rw/yewe-aho-kubaka-stade-nkiyi-nta-kipe-nzima-dufite-byarutwa-tukicyinira-karere-mu-muhanda-umukunzi-wikipe-yigihugu-amavubi-na-ruhango-nyarwanda-muri-rusange-yarakajwe-na-sitade-amahoro-igiye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)