"Ubuse aziko twabyibagiwe" Telefoni Pamela yari afite mu myaka yashize ubwo yari atarigondera iPhone yabaye inkuru(ifoto) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Ubuse aziko twabyibagiwe' Telefoni Pamela yari afite mu myaka yashize ubwo yari atarigondera iPhone yabaye inkuru(ifoto)

Kuri ubu biragoye kubona Icyamamare gifite telefoni itari mu zigezweho, Pamela na we ari mu muryango w'icyamamare bifite ama telefoni yihagazeho dore ko bakunda kuyagaragaza ubwo baba bifotorera mu birahure.

Gusa n'ubwo bimeze bityo mbere y'uko Pamela atunga izi Telefoni zihenze yahereye ku ziciriritse nk'abandi bose.

Icyo gihe hari muri 2019 ubwo Pamela yari ari mu majonjora ya Miss Rwanda, icyo gihe byagaragaye ko yari afite Telefoni yo mu bwoko bwa Tecno W5.

Dore bamwe mu babonye Telefoni yakoreshaga icyo gihe.



Source : https://yegob.rw/ubuse-aziko-twabyibagiwe-telefoni-pamela-yari-afite-mu-myaka-yashize-ubwo-yari-atarigondera-iphone-yabaye-inkuruifoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)