Perezida Kagame asanga ibikorwaremezo bike bidindiza itumanaho  muri Afurika #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Perezida wa Repebulika y'u Rwanda Paul Kagame, avuga ko ibikorwaremezo bidahagije kugira ngo itumanaho ritere imbere muri Afurika, ahubwo ko ishoramari na politiki ziboneye z'itumaho bigomba kwimakazwa.

Ibi yabivugiye mu nama Mpuzamahanga ku Itumanaho rigendanwa (Mobile World Congress) ihurije hamwe abanyapolitiki, abashoramari ndetse n'impuguke mu itumanaho basaga ibihumbi bibiri bavuye mu bihugu bisaga 99 ku Isi hose.

The post Perezida Kagame asanga ibikorwaremezo bike bidindiza itumanaho  muri Afurika appeared first on FLASH RADIO&TV.



Source : https://flash.rw/2022/10/25/perezida-kagame-asanga-ibikorwaremezo-bike-bidindiza-itumanaho-muri-afurika/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=perezida-kagame-asanga-ibikorwaremezo-bike-bidindiza-itumanaho-muri-afurika

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)