Southgate yarahiriye kwihimura nyuma yo guseba bikomeye. - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Gareth Southgate yaseseranije abongereza ko agomba gukora ibitangaza nk'ibyo umunyabigwi Sir Bobby Robson yakoze nyuma yuko abafana bamuhaye induru muri 1928.

Southgate yashimangiyeko guseba bitagomba guca intege abakinnyi kuko ntabwo ari ibidasanzwe kuko ubwongereza bwigeze kongera gutsindwa ibitego 4 na Hungary.

Agahigo kabi kigeze kubaho ni igihe ubwongereza bwatsindwaga ibitego birenze bine ku busa, usibye no muri iyi mikino ifatwa nk'imyitozo y'ibihugu yitiriwe UEFA Nations League.

Mu mikino ine yose ubwongereza bwakinnye muri Nations League bakaba baratsindwe ibiri yose ya Hungary ndetse ikaba yarabonye igitego kimwe cyonyine cyatsinzwe na Harry Kane kuri Penalite.

Mu mukino yaraye atsinzwe, Southgate akaba yari yagerageje guhindura abakinnyi babanzamo kugirango ashake insinzi ye ya mbere muri iri rushanwa.



Source : https://yegob.rw/southgate-yarahiriye-kwihimura-nyuma-yo-guseba-bikomeye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)