MU MAFOTO 25: Irebere uko ibyamamare birimo K... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ni ingenzi ndetse bikaba n'ingirakamaro kwita ku isi bitari gusa mu cyumweru cyahariwe umubumbe w'Isi ufite ubuzima ahubwo bigakorwa iteka. Buri mwaka hizihizwa umunsi wahariwe isi wizihizwa hagamijwe gukomeza kurushaho kubungabunga ibidukikije. Uyu munsi watangiye kwizihizwa kuwa 22 Mata 1970. Muri uyu mwaka nabwo ukaba warizihijwe kuwa 22 Mata 2022.

Hari ibyamamare hirya no hino byifatanije n'isi yose mu kwizihiza uyu munsi mu myambaro yo kogana izwi nka Bikini ariko zo mu ibara ry'icyatsi. Ibyo byamamare harimo Kylie, Kendall Jenner, Hailey Bieber Ariana Grande n'abandi banyuranye. 

INYARWANDA ikaba yabegeranirije amafoto agaragaza uko bamwe mu byamamare bawizihije.


Hailey Bieber


Jordyn Woods


Ayesha Curry


Rebel Wilson


Kylie Jenner


Bella na Dani Thorne


Simone Biles

Bella Thorne

Ariana Grande


Kerry Washington


Kendall Jenner


Hailey Bieber


Danielle Lombard


Genie Bouchard


Ireland Baldwin


January Jones


Jasmine Sanders


Maitland Ward Baxter


Jordyn Woods


Juliana Hough


Kaia Gerber


Kendall Jenner


Corryn Olympions


Kourtney Kardashian


Simone Biles


Kylie Jenner


Lais Ribeiro


Lais Ribeiro


Larsa Pippen


Nicole William English


Paige De Cinque


Rachel Slawson 


Sarah Synder




Source : https://inyarwanda.com/inkuru/116580/mu-mafoto-25-irebere-uko-ibyamamare-birimo-kylie-kendall-hailey-na-ariane-grande-bizihije--116580.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)