Ababyeyi barasabwa kurohereza abana b'ingimbi n'abangavu kwikingiza COVID-19 #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Minisiteri y'ubuzima itangaza ko guhera kuwa 23 Ugushyingo Rwanda hazatangira igikorwa cyo gukingira COVID-19 ku bana b'ingimbi bari hagati y'imyaka 12 na 18 aho abayeyi basabwa kuzaborohereza mu kubafasha kuzuza ibisabwa ngo bikingize.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y'ubuzima Lt Col. Dr Mpunga Tharcisse yatangaje ko iki gikorwa kizatangira kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Ugushyingo 2021, akangurira ababyeyi kuzuzuriza abana babo icyangombwa gisabwa (...)

- Mu makuru



Source : http://agasaro.com/spip.php?article4410

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)