Dore ibanga rikomeye ku mugore wifuza kongera ububobera n'amavangingo mu gutera akabariro #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Iyo iki gikorwa nyamukuru gihuza abashakanye kitagenze neza bitera umwiryane ndetse n'ubwumvikane bucye mu rugo bikaba byavamo no gucana inyuma ndetse no gutandukana. Muri iyi nkuru tugiye gusobanukirwa byinshi kuri iki kibazo ndetse n'igisubizo kuri iki kibazo.

Ese iki kibazo cyaba giterwa n'iki ?

Iki kibazo gikunze kugaragara kenshi ku bagore bakuze (Bacuze cyangwa bari hafi gucura), ibi ahanini bigaterwa n'imisemburo bita ESTROGEN iba itangiye kugabanuka cyangwa se yaragabanutse mu mubiri wabo, bigatuma umugore yumva nta mibonano mpuzabitsina ashaka. Gusa n'abakiri bato bataragera mu gihe cyo gucura nabo bashobora kugira iki kibazo.

Izindi mpamvu zishobora kubitera harimo :

  • Indwara zitandukanye nka Diyabete, indwara z'umutima, Hepatite,Cancer,
  • Ihungabana umuntu yahuye na ryo
  • Kwiheba gukabije
  • Gufatwa ku ngufu
  • Ugutandukana kw'ababyeyi bawe bikakwangisha imibonano
  • Imisemburo itameze neza mu mubiri
  • Ingaruka z'imiti umuntu aba yaranyoye
  • Kumara igihe kirekire udakora imibonano n'ibindi………

Dore ibyo ugomba kwirinda niba ufite iki kibazo :

  • Irinde kunywa inzoga n'itabi : Aho kunywa inzoga, wakwinywera divayi itukura (red wine) nabwo gacye, kuko yo ituma amaraso atembera neza
  • Irinde cyangwa ugabanye stress (imihangayiko) : ugomba kwirinda cyane stress no gutekereza ibiri hanze y'icyo gikorwa. Stress yangiza ubuzima idasize ubushake bwawe bwo gukora imibonano.
  • Irinde kurya ibiryo byinshi : kurya cyane bitera kugira ubunebwe no kumva usinzira bityo bikagutera kumva nta bushake.
  • Kwikinisha byo bigendere kure : iki ni igikorwa kibi cyane, ku bantu rero mugikora sibyiza kuko uko ugikora kenshi bwa bushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugenda bushira.
  • Irinde kunywa ibinyobwa byongera imbaraga (energy drinks)

Ibi biribwa bikurikira ni ingenzi niba utagira ubushake :

  • Umuneke
  • Urusenda
  • Igitunguru na tungurusumu
  • Amagi
  • Ubunyobwa,…

Ese wari uzi ko igisubizo kirambye cyabonetse kuri iki kibazo ?

Ni byiza gukurikiza inama twababwiye hejuru kugirango uhanagane n'iki kibazo, gusa nanone hari uba waragerageje bikanga. Ubu rero habonetse imiti ikoze mu bimera ituma ya misemburo iba yaragabanutse yiyongera mu mubiri bityo umubiri ugakanguka ubushake bukaboneka gutera akabariro bikagenda neza nta kibazo. Iyo ubushake bwabaye bwinshi, n'ububobere buhita bwiyongera bityo abatera akabariro bombi bakaryoherwa.

Inyongeramirire za Golden Six, ni igisubizo kirambye mu guha umugore ububobere n'amavangingo ahagije mu gihe cyo gutera akabariro, kandi uwayikoresheje anakira ingaruka zindi twavuze haruguru zigaragara ku mubiri w'umugore.

Uramutse uyikeneye cyangwa se ushaka ibindi bisobanuro byisumbuyeho, wahamagara kuri telefone igendanwa +250786493913 cyangwa ukaba wayikoresha ubandikira kuri Whatsapp. Aho waba uri hose Golden Six yakugeraho.



Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Dore-ibanga-rikomeye-ku-mugore-wifuza-kongera-ububobera-n-amavangingo-mu-gutera-akabariro

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)