Ibyo Meddy n'umugore we bakoze mu bukwe ubwo bumvaga ko capati zitarashira – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi Meddy kuri ubu ubarizwa muri leta zunze ubumwe za Amerika ari naho akorera ibikorwa bye bya muzika, abinyujije kuri story ye ya instagram yashyize hanze ifoto isobanura uko we n'umugore we, Mimi bakoze ubwo bumvaga ko capati zitarashira.

Nkuko ifoto Meddy yashyize hanze ibigaragaza, Meddy n'umugore we, Mimi bari basabwe n'ibyishimo bigaragara mu maso yabo ndetse Mimi we yararimo guseka. Iyi foto yafatiwe mu bukwe bwa Miss Grace Bahati na Pacifique Murekezi buherutse kuba mu minsi ishize.



Source : https://yegob.rw/ibyo-meddy-numugore-we-bakoze-mu-bukwe-ubwo-bumvaga-ko-capati-zitarashira/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)