Hagiye gushya! Meddy n'umugore we bateguje abafana babo ikintu gikomeye – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi Ngabo Medard Jobbert abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yateguje abafana be ko indirimbo Queen of Sheba yakoranye n'umugore we, Mimi, igiye kujya hanze. Meddy ntabwo yavuze igihe nyakuri iyi ndirimbo izagira hanze gusa yavuze ko ishobora kujya hanze isaha n'isaha abasaba kuyitegura.

Iyi ndirimbo Queen of Sheba kandi niyo Meddy na Mimi baririmbanye mu bukwe bwabo ikaba iri mu zakunzwe n'abakurikiranye ubukwe bw'aba bombi.



Source : https://yegob.rw/hagiye-gushya-meddy-numugore-we-bateguje-abafana-babo-ikintu-gikomeye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)