Umukandida ukomeye w'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Zambiya, Hakainde Hichilema, yashizwe mumajwi n'abaturage mu matora y'umukuru w'igihugu ateganijwe muri Kanama i Lusaka ku wa gatatu, kubera ko Abanyazambiya benshi basabye 'impinduka' .
Abaturage bakomeje kuvuga ko igihugu gikennye,kandi harimo niznzara ikabine ,igihu giherereye mu majyepfo y'Afurika gifite abaturage basaga miliyoni 17 ntigisanzwe.
Umwenda wacyo wo hanze ubarirwa hafi muri miliyari 10 z'amayero, kimwe cya kabiri kikaba gifitwe n'ababerewemo imyenda.
Biteganijwe ko iki kibazo cy'ubukungu ndetse ninzara gushizwe mubiganza bya 'HH', wahawe aka kazina kugira igihu gisubire kumurongo kwishirahamwe kwa (UPND), biteganijwe ko Perezida uriho, Edgar Lungu azakurwaho.
Inyuma ya Bwana Hichilema, amashyaka atavuga rumwe n'ubutegetsi n'abarwanashyaka bashinze ihuriro ryitwa UPND Alliance kuri Zambiya Turashaka ko ari Ariwe ufata intebe.
Hakainde Hichilema yasezeranije imbaga ati: 'Tuzareba neza ko utazasonza kandi ko abana bawe bashobora kujya ku ishuri.' Yongeyeho ati: 'Turashaka gutsinda mu cyiciro cya mbere.'
Hakainde Hichilema yari yatsinzwe amatora mu mwaka wa 2016. Yamaze amezi ane muri gereza azira azira kuvugako amatora yaba yaribwe nokugumura abaturage.
Zambiya imaze kugira umutekano muke kuva amatora y'amashyaka ya mbere yabaye mu 1991, izatora mu matora ya perezida n'abadepite ku ya 12 Kanama.
ibi bikomeje guteza ikibazo gikomeye mubaturage bakomeje kuvuga ko bafite ubwoba ako bizeye ko impinduka zigomba kubaho uko byagenda kose.
The post Zambiya: abaturage bakomeje kugaragaza uburakari bukomeye basaba impinduka Bayobowe na Mr Hechilema utavuga rumwe na leta. appeared first on .