Nta hantu na hamwe muri bibiriya habuza umugabo kugira abagore barenze umwe #Rwanda #RwOT

webrwanda
1


 

Iki ni ikibazo aba christo benshi bakunda kwiyibazaho. Ni ryari urushako rwategetswe ko rugomba kuba hagati y'umugabo n'umugore umwe gusa? Ibi naho bigaragara muri bibiriya, ahubwo uherereye mu gitabo cya genese, ubwo cain umwana wa adamu na eva yafataga abagore babiri, ndetese na Mose watanze Amategeko icumi y'imana, yarafite abagore babiri. uwaciye agahigo yari Salomon, wari ufite abagore barenga 700, n'abandi bo kuruhande bagera kuri 500. 

Hari n'ingero nyinshi mu byanditse aho Imana isezeranira abami b'israel kuzabaha abagore benshi. Ese byagenze gute ngo, abantu cyane cyane igitsina gore cyumva ko umugabo agomba kuba w'umugore umwe gusa? Aho usanga mu bihugu byinshi ari icyaha gihanirwa n' amategeko , ko umugabo yagira umugore wa kabiri cyangwa uwa gatatu? Aho byaba byaraturutse hose nabwo byaturutse muri Bibiriya. 

Icyaha cy'ubusambanyi kivugwa mu mategeko icumi y'imana nabwo ari icyimande zombi. Kuko, icyo cyaha kibaho gusa iyo umugabo asambanyije umugore w'undi mugabo (Umugore uri marier).  

Mu isezerano rishya, Yesu ategeka umugabo gukunda umugore we, n'umugore k'ubaha umugabo we. Bivuze ko igihe umugabo abanye n'umugore umwe gusa aba ari ikimenyetso cy'urukundo amukoreye nabwo biba ari uburenganzira. Binavuze ko igihe cyose umugore yateshuka ku nshingano zo kubaha umugabo we, umugabo aba yemerewe gushaka undi mugore. 

Sibyo se?


Source : google.com

Tags

Post a Comment

1Comments

Post a Comment