Umwana w'imyaka 13 yaciye ibintu kubera imyitozo ngororamubiri akora iyo ari mu mukoro wo mu rugo [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uyu mwana akora umukoro wo ku ishuri akoresheje amaguru yabirinduye mu buryo butangaje.

Uyu mukobwa yitoza iyi mikino amasaha 15 mu cyumweru aho abifatanya no gukora imikoro yo ku ishuri muri iki gihe ibihugu byinshi biri muri guma mu rugo.

Roxy utuye mu Burengerazuba bwa London yagize ati 'Nita ku ishuri no gukora iyi myitozo kandi nkabikorera rimwe.

Rimwe na rimwe nkora umukoro wo ku ishuri ndi kunanura imitsi kandi bituma numva meze neza.

Nkunda gukora vuba umukoro wanjye wo ku ishuri kugira ngo mbashe kubona umwanya uhagije wo kwitoza.Numva bigoye kwicara ahantu hamwe utuje.

Uyu mwana yatangiye gukora iyo myitozo afite imyaka 5 ubwo yabonaga ko agororotse kurusha abandi ban abo mu kigero cye bahuriraga mu makipe y'imyitozo ngororamubiri.








Source : http://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/umwana-w-imyaka-13-yaciye-ibintu-kubera-imyitozo-ngororamubiri-akora-iyo-ari-mu

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)