Muyoboke Alex yakuriye ingofero itsinda ry'abahanzi nyarwanda afata nk'iriyoboye andi matsinda y'abahanzi nyarwanda - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Manager Muyoboke Alex uyobora inzu ya Decent Entertainment, imwe mu nzu zireberera inyungu z'umuziki w'abahanzi nyarwanda, yakuriye ingofero itsinda rya Juda Muzik kuri we afata nk'iriyoboye andi matsinda yose y'abahanzi nyarwanda. Muyoboke yakuriye ingofero Juda Muzik bishingiye ku buhanga bwabo by'umwihariko ku ndirimbo yabo nshya bise 'Ntuzarira' iri no mu ndirimbo zikunzwe cyane n'abantu benshi muri iki gihe.

Abasore babiri bagize itsinda rya Juda Muzik

Manager Muyoboke Alex

Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Muyoboke Alex yatangaje amagambo akurikira:

Ibi Muyoboke  Alex yabivuze amaze gushyira hanze amashusho ya Miss Teta Nicole asubiramo indirimbo Ntuzarira ya Juda Muzik.

 



Source : https://yegob.rw/muyoboke-alex-yakuriye-ingofero-itsinda-ryabahanzi-nyarwanda-afata-nkiriyoboye-andi-matsinda-yabahanzi-nyarwanda/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)