Perezida Kagame ni umubyeyi: Akari ku mutima wa Aimable Twahirwa nyuma yo kugirwa Umuyobozi muri Minisiteri-VIDEO - Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Ijoro rya tariki 11 Ugushyingo 2020 ni urwibutso rudasaza ku muhanzi Aimable Twahirwa wagizwe Umuyobozi Ushinzwe guteza imbere Umuco. Yakanguwe na telefoni isona, ubutumwa bugufi bwisurikanya yifurizwa ishya n'ihirwe mu mirimo mishya yashinzwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame.



Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73797bb4bf113298d9c3db9fb3e2cc24f5ec431883dfc9c4b6651d67e972ad48b1321c2ed34a0fcae2bf7a58338b125e42b42953502095a01fcf1a4dc3a4dded3beabc8db98ca1b579b13c6de736ac56d3b2e9c884581dd13e4dc6a21ed873a8f83cd61b8b4dc9e9c2b36ceec

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)