MONUSCO ingabo zishinzwe kugarura amahoro ku isi kuri ubu imyaka 21 n'umwe ikaba ishize nyuma yaho zinjiriye mu igihugu cya DRC cyabaturanyi m'ubutumwa bwo kugarura amaho mu igihugu cya DRC.
Intambara z'urudaca ikurwa,mubintu,kugirwa impunzi byo bikomeje kwiyongera muba turage ba DRC bazwi ku izina ry'Abanyamurenge batuye mukarere ka Sud kivu mu Minembwe ndetse ntizindi ntara kugeza kuru abaturage basaga 80% bamaze kwamburwa ibyabo ndetse abagore bakicwa n'abana mu misozi ya Minebwe ndetse nahandi hatandukanye.
AU ndetse n'imiryango ishinzwe kureberera ikiremwa muntu kugeza kurubu ikibazo gikomeje guhitana ubuzima bw'anyamurenge batabaje kuva muri 1995 baba muntambara ntacyo irakivugaho, Bamwe mubo twaganirije batifuje kuba bashirwa munyandiko bo bagaragaza ko arugutesha agacyiro ikiremwa muntu.
Usa nuhagararuye Abanyamurenge munzego zubuyobozi Minisitiri Azarias Ruberwa n'istinda ryabayobozi harimo numukuru w'ingabo munsi yashize bari boherejwe mu Minebwe kuhashakira igisubizo cyintambara zabaye karande hatorwa abayobozi bazahagararira minebwe ibitaravuzwe rumwe naba kongomani kugeza kugeza kuru.
Kumunsi w'ejo imyigaragambyo yarabandanyije hasabwa ko Azarias Ruberwa yakweguza kunshingano yahawe n'umukuru w'igihugu hakibazwa nimba yaba yarabikoze kwitegeko rye we mumagamboye yagize ati ' Byashizwe k'umutwe byose biherekejwe nibitutsi byinshi cyane twagiye Muminembwe n'umukuru wingabo nabandi bayobozi 10 none byose bikaba biri kubazwa jye mugihe n'akanama kashizweho tutigeze tukagiramo uruhare'
Abaturage bo muminebwe bo bakomeje gutabariza amahanga bayasaba gufashwa byihuse kuko hatagize igikorwa ubwo bwashira kandi hitwango hari imiryango irengera ikiremwa muntu.
The post UN na AU ihohoterwa rikomeje gukorerwa umunyamurenge ntibyaba arukwirengagiza uburengazira bw'ikiremwa muntu nyuma y'imyaka irenga 21 UN igereye muri DRC. appeared first on Kigalinews24.