Ingaruka za Covid-19 ku isi zamaze kuba nyinshi; haba mu nzego z'ubuzima, ubukungu, imibereho n'imibanire y'abantu by'umwihariko mu miryango yagize ibibazo by'ubukene biturutse ku ihagarara ry'ibikorwa bimwe na bimwe byateye n'ibura ry'imirimo kuri bamwe. Mu Rwanda hari ingo zatakaje ubushobozi bwo kwitunga cyangwa kubasha kwibonera aho kuba, hari aho byateje amakimbirane hagati y'abashakanye ahandi bakabaho uko bidakwiye. Urugero ni urw'umuryango utuye mu Karere ka Kicukiro aho uwo muryango (...)
- UrugoPost a Comment
0Comments