Burimuntu ku isi nkuko bibiriya ibivuga agira igihe azavukira ndetse n'igihe azatahira akamburwa ubu buzima dutunze.
Nyuma y'iminsi mu igihugu cya Uganda hari hamaze iminsi inkuru ivugako Pastor Augustini Yiga yaba yitabye imana ako zigakomeza guhakanywa n'ikinyamakuru cye ABS TV, ako kikemeza ko arwaye kandi arembye.
aKumunsi w'ejo muma saa 9 za mugitondo nibwo inkuru yabaye kimomo binyujijwe kuri ABS TV ndetse na NTV zo mu igihugu cya Uganda zikemeza ko Yiga atakibarizwa mu isi yabazima kugeza kurubu.
Pastor yiiga yakomeje gushinjwa cyane kwanduza abanatu uburwayi bwe bivugwa ko yaba yararwaye SIDA ,kandi n'ibitangaza yakoraga bitavugwaho kimwe nabaturage benshi muri kiriya gihugu. umurambo wa yiga ukaba waje gukurwa mu ivuriro yarwariyemo Nsabya ukajyanwa muri zimwe munyubako ze yarafite uherekejwe nabamwe mubakozibe ndetse nabakire bagenzibe.
Pastor Ssenyonga nabandi benshi aganira nitangazamakuru yababwiye ko ababajwe nuko yiga apfuye atihanye yaramubwiye igihe kinini ko ibyo akora ataribyo nagato kandi ngo atihanye ko agiye gupfa.
Kugeza kurubu gahunda zoguherekeza umurambo ntiziramenyekana n'ubwo yamaze gukirwa kwa muganga bamwe muba muba hafi ntacyo baratangaza ndetse n'umuryango we.
The post Uganda: Pastor Augustine yitabye Imana akomeje gushinjwa gukoresha imyuka mibi biravugwa ko yishwe na SIDA ayisize benshi. appeared first on Kigalinews24.